Urukundo rwa Zuchu na Diamond uzwiho kuryamana n’ abagore akabajugunya mu bisheke rwageze ku iherezo

 

Umuhanzikazi Zuchu yasibye amafoto yose amugaragaza ari kumwe na Diamond n’andi, bica amarenga ko ibye n’uyu munyamuziki byageze ku iherezo anaboneraho gutangaza ko yavuye mu rukundo.

Zuchu abinyujije konti ye ya Instagram, yanditse yumvikanisha ko atakiri mu rukundo, kandi ko nta mukunzi afite.

Yagize ati “Nimukanzaneho iby’umwanda we. Nta mukunzi mfite kuva ubu. Murakoze.”

Ubu butumwa Zuchu yabwanditse mbere y’uko asiba amafoto yose ari kumwe na Diamond.

Diamond nawe umaze gukundana n’ abagore benshi nawe yabihamije mu butumwa yashyize kuri Istagram avuga ko guhera uyu munsi abantu batangira kubabona nk’ abavandimwe kuruta uko byari bizwi.

Related posts

“Twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose” Ibyo wamenya ku ndirimbo ‘Ubuntu’ yasamiwe hejuru

Ese koko Byiringiro Lague umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Police FC koko yaba yarateye inda DJ Crush?

Inkuru iteye agahinda ya Nishimwe Consolée, yiciwe abavandimwe be,arasambanywa yanduzwa Sida muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994