Urukundo rwa Zuchu na Diamond uzwiho kuryamana n’ abagore akabajugunya mu bisheke rwageze ku iherezo

 

Umuhanzikazi Zuchu yasibye amafoto yose amugaragaza ari kumwe na Diamond n’andi, bica amarenga ko ibye n’uyu munyamuziki byageze ku iherezo anaboneraho gutangaza ko yavuye mu rukundo.

Zuchu abinyujije konti ye ya Instagram, yanditse yumvikanisha ko atakiri mu rukundo, kandi ko nta mukunzi afite.

Yagize ati “Nimukanzaneho iby’umwanda we. Nta mukunzi mfite kuva ubu. Murakoze.”

Ubu butumwa Zuchu yabwanditse mbere y’uko asiba amafoto yose ari kumwe na Diamond.

Diamond nawe umaze gukundana n’ abagore benshi nawe yabihamije mu butumwa yashyize kuri Istagram avuga ko guhera uyu munsi abantu batangira kubabona nk’ abavandimwe kuruta uko byari bizwi.

Related posts

Yago mu marira menshi channe ye ihinduriwe izina avuze amagambo akakaye

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze