Urukundo rwa Zuchu na Diamond uzwiho kuryamana n’ abagore akabajugunya mu bisheke rwageze ku iherezo

 

Umuhanzikazi Zuchu yasibye amafoto yose amugaragaza ari kumwe na Diamond n’andi, bica amarenga ko ibye n’uyu munyamuziki byageze ku iherezo anaboneraho gutangaza ko yavuye mu rukundo.

Zuchu abinyujije konti ye ya Instagram, yanditse yumvikanisha ko atakiri mu rukundo, kandi ko nta mukunzi afite.

Yagize ati “Nimukanzaneho iby’umwanda we. Nta mukunzi mfite kuva ubu. Murakoze.”

Ubu butumwa Zuchu yabwanditse mbere y’uko asiba amafoto yose ari kumwe na Diamond.

Diamond nawe umaze gukundana n’ abagore benshi nawe yabihamije mu butumwa yashyize kuri Istagram avuga ko guhera uyu munsi abantu batangira kubabona nk’ abavandimwe kuruta uko byari bizwi.

Related posts

“Wankunze ntabikwiriye mwami” Amwe mu magambo y’amashimwe ari mu ndirimbo ‘Ndi Uwawe’ ya Bonfils

Atuma benshi bemera ko Imana ibaho! Sobanukirwa Songella ufite ubwiza butangaje.

“Imbehe yanjye wubitse, yarubutse” Byinshi ku ndirimbo ikomeje kuba isereri mu mitwe y’urubyiruko