Umusaza n’umukecuru bafashwe basambanira mu busitani bwa Kiliziya.[AMAFOTO].

Wilson Benally w’imyaka 56 yafashwe  asambana na Sandra Kruser w’imyaka 60 hanze ya kiliziya izwi ku izina rya Sacred Heart Catholic Church.

Ikibazo cy’ubusambanyi gikomeje kuvuza ubuhuha hirya no hino ku isi,aho byabereye amahano ni uko usanga byarageze aho abantu bajya babikorera mu ruhame bakajya mu muhanda bagasambana bose babireba.

Muri iki gitondo cyp kuri uyu wa  gatanu taliki ya 1 Nyakanga 2022 hagaragaye inkuru y’umusaza Wilson Benally w’imyaka 56 asambana na Sandra Kruser w’imyaka 60 hanze ya kiliziya izwi ku izina rya Sacred Heart Catholic Church.

Iyi ni inkuru ishingiye kumusaza n’umucyecuru bagaragaye basambana mu busitani bwa Kiliziya bakaza gufatwa nabageni bari baje mu bukwe,nkuko bigaragara mu bitangazamakuru musaza n’umukecuru bo mu mujyi wa Salt Lake City muri leta ya Utah bafashwe basambanira mu busitani bwa kiliziya yaberagamo ubukwe ku Cyumweru.

Mu gihe bo bari baziko bihishe baje gutungurwa baguwe gitumo aho Abasohotse mu bukwe batunguwe no kubona Wilson Benally w’imyaka 56 asambana na Sandra Kruser w’imyaka 60 hanze ya kiliziya izwi ku izina rya Sacred Heart Catholic Church ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba nk’uko Daily Mail dukesha iyi nkuru ibitangaza.

Nkuko Daily mail ibitangaza,Umwe mu bari bitabiriye ubukwe yihutiye guhagarika imodoka ya Polisi yatambukaga maze batesha abasambanaga gusa nubundi polise yahageze igikorwa cyo gusambana gisa nikirangiye.

Umupolisi wanditse raporo yavuze ko Benally yari yashyize ururimi n’intoki mu gitsina cya Kruser maze agerageza kubahagarika baranga bimusaba gukoresha ingufu.

Aba bane nibo babonye ayo mahano, ari nabyo byatumye abasambanaga bashinjwa icyaha cyo kwanduza abandi imico mibi ku gasozi maze bacumbikirwa kuri polisi. Benally ashinjywa n’ikindi cyaha cyo kurengera.

Kuri Aba bombi baracyari mu buroko aho Benally  bimusaba amadolari ya Amerika 2,313 kugira ngo arekurwe naho Kruser agasabwa amadolari 2,093 gusa ababakurikiranira hafi bemeza ko ubu bushobozi aba bombi babufite ntakibazo cyamafaranga bafite bo ubwabo.

Si ubwa mbere bombi bashyizwe mu buroko kuko Benally amaze kutabwa muri yombi na polisi inshuro 102 naho Kruser amaze gufatwa na polisi inshuro 15 aho ngo ibi ari ibintu basanzwe bamenyereye.

Kuri ubu abantu bakomeje kwibaza impamvu aba bahisemo kubikorera mu busitani bwa Kiliziya gusa bakavuga ko wenda kuba bashaje byatumye badatekereza cyane aho bagiye kubikorera.

Bamwe mu bari bahari bavuze ko aba bombi basanzwe  bafite ingeso mbi ndetse kp Atari ubwambere bafatiwe muri iki gikorwa abenshi bise icy’umwijima.

Related posts

Yago mu marira menshi channe ye ihinduriwe izina avuze amagambo akakaye

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze