Ubushakashatsi bwagaragaje ko kwiyuhagira buri munsi bitera indwara ikomeye!

Umushakashatsi Julie Russak na mugenziwe David Whitlock, bagaragaje ko, koga buri munsi bigabanya utunyabuzima (Bacteria) turinda uruhu kwangirika.

Batangaje ko umuco wo kwiyuhagira burimunsi bidafite akamaro kubuzima bwabantu gusa abantu babikora batinya ko bagira impumuro mbi ku mubiri.

Ubushakashatsi bwakozwe ninzobere mu byubuzima ninzobere mukuvura indwara zuruhu muri Amerika basobanuye ko kwiyuhagira burimunsi bikuraho udukoko turinda uruhu rw’abantu.

Ndetse impugukuke muby’ubutabire, David Whitlock wamaze imyaka 12 atitera amazi ahubwo yitera imibavu mu rwego rwo kurinda utwo dukiko turinda uruhu kwangirika arasaba abantu guhagarika kwiyuhagira kugirango basigasire utwo dukoko ahubwo ahubwo bongere bacteria ku mibiri yabo kuko ngo zifitiye akamaro umubiri wacu.

Related posts

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza bari mu gahinda gakomeye , bitewe n’ urupfu rutunguranye rwabaye ku muntu w’ ingirakamaro

Umusore wigaga muri Kaminuza ya UTAB waburaga iminsi mike ngo amurike igitabo yishwe urupfu rubi

Byinshi ku kirungo cya Maggi kivugwaho gutera kanseri