Tanzania: Abapolisi bafite umubyiho ukabije akabo kashobotse bategetswe ko bakamurwa.

Mu gihugu cya Tanzania , Perezida w’ iki gihugu Samia Suluhu, yategetse ko abapolisi bafite umubyiho ukabije basubira ku myitozo bakagabanya ibilo.Ni ibwiriza ryatangiwe mu muhango wo gusoza imyitozo y’ abapolisi mu Mujyi wa Tanga, uherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Tanzania.

Perezida wa Tanzania yavuze ko bidashoboka ko umupolisi ashyira mu bikorwa inshingano ze, mu gihe afite umubyibuho ukabije. Ngo yitegerezaga akarasisi , abona bamwe mu bari bayoboye harimo abafite inda nini. Rwose inda nini nazibonye. Ntabwo dukwiriye kugira abapolisi bafite inda nini.

Aya magambo ya Suluhu aje nyuma y’ amezi abiri yirukanye uwari Umuyobozi Mukuru wa Polisi , Simon Sirro , akamwohereza nka ambasaderi muri Zimbabwe.

Related posts

Umudepite muri Congo yongeye kuvuga amagambo abiba urwango ku Rwanda ahubwo akangurira umutwe wa Wazalendo gufatiraho ugakomeza urugamba

Ruhango:Umugabo yavuze uburyo yariye inzoka akumva iraryoshye kurusha izindi nyama ,abaturage bikangamo

Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma ikuba gahu