Biteye agahinda Nkusi Thomas wamenyekanye nka Yanga mu mwuga wo gusobanura filimey itabye Imana.

Buteye agahinda Nkusi Thomas wamenyekanye nka Yanga mu mwuga wo gusobanura filimey itabye Imana.

Uyu ni umunsi mubi  cyane ku bakunzi bibyamamare pe,dore bravan yapfuye none na yanga akurikiyeho agahinda ni kose.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Kanama 2022, nibwo Junior Giti yatangaje ko umuvandimwe we yitabye Imana. Yavuze ko “Kuri njyewe wari Data.”

Junior yavuze ko azahora areberera kuri Mukuru we wamuhaye inganzo. Ati “Uruhukire mu mahoro muvandimwe wanjye Mukuru.”

Uyu mugabo yamamaye mu gusobanura filimi zari zigezweho hagati y’umwaka wa 2000 kugera muri 2013, umwuga we umuhesha amafaranga menshi. Yamaze imyaka 10 akora aka kazi

Related posts

Inkuru yinshamugongo umusore yatwitswe ari mu bizima n’ abaturage arashya arakongoka

Ibyo kurya umukobwa n’ umugore barya bikabafasha gukuza amabere n’ amabuno

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza bari mu gahinda gakomeye , bitewe n’ urupfu rutunguranye rwabaye ku muntu w’ ingirakamaro