Polisi y’u Rwanda yanikiriye iya Kenya yegukana irushanwa ryo kurasa muri Afurika y’iburasirazuba

Kuri uyu wa 26 Werurwe 2023, nibwo amarushanwa yo kurasa yahuzaga abapolisi bo muri Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO 2023) yasozwa, abagore n’abagabo ba Polisi y’u Rwanda akaba aribo beguganye ibikombe.

Iri rushanwa ryo kurasa, u Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere, rukaba rwatwaye imidali 6 ya zahabu, imidali 5 ya Silver ndetse na 2 ya Bronze n’igikombe nyamukuru. Rwakurikiwe na Kenya yatwaye umudari umwe wa Zahabu, 2 ya Silver, umwe wa Bronze n’igikombe kiringaniye, naho ku mwanya wa gatatu haza Uganda yatwaye umudali umwe wa Zahabu, umwe wa Bronze n’igikombe gito.

 

Related posts

Nyuma y’ uko leta ya Congo ikubye 2 umushahara w’ Abasirikare , ibyishimo byari byinshi maze bagira bati'” Turaje twikize umwanzi, ubu leta yacu idufashe neza”

Urukundo rwari rwinshi ku Ingabo za SADC ku Murwanyi wa M23 ,Lt.Col Willy Ngoma bumvaga batamurekura

Impamvu ituma ingabo za Congo zihora zikubitwa nk’ akana n’ abarwanyi ba M23