Pasiteri yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kwica umugore ari kumusengera

Muri Kenya haravugwa inkuru y’umukozi w’Imana witwa Paster Christopher Kiptum Keter w’imyaka 50 ukurikiranywe na Polisi akekwaho kwica umugore bari bamaranye iminsi ibiri amusengera

Ibinyamakuru byo muri Kenya, byatangaje ko umugore witwa Christine Makena Maingi w’imyaka 35 utuye ahitwa Kiambu yasanzwe munzu yapfuye.

Amakuru avuga ko ku matariki ya 5- na 6, Gashanyare 2023  yari kumwe n’uwo mu Pasiteri  murugo aho yari yaje ku musengera.

Kugeza ubu ngo Pasiteri Christopher yahise atoroka ajya kwihisha mu gace kitwa Mabanda kuva tariki ya 8 Gashyantare 2023 nkuko tubikesha Citizen Tv yabitangaje.

Related posts

“Iyo ntaza kukugira, ahanjye ntihaba hakibukwa”Umuhanzi Enock yongeye gukora mu nganzo

Ntabwo byoroshye Pasiteri uyoboye abandi muri Congo yasabiye u Rwanda ibiza bidashira n’ indwara za Karande

“Mu mahanga yose nta wantura umutwaro, uretse wowe Mana” – Amwe mu magambo y’indirimbo ‘Ndagarutse’