Umukinnyi w’Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore, Keza Angelique wari wamaze gutumirizwaho imbangukiragutabara yatabawe na Wihogora Radjab usanzwe ari umuganga wa Vision Football Club nyuma yo
Rutahizamu wa Rayon Sports, Iraguha Hadji, yatangaje ko nk’abakinnyi ba Rayon Sports badacibwa intege n’uko Rayon Sports imaze iminsi nta muyobozi mukuru wemewe ifite; mu
Perezida wa Kiyovu Sports Club, Nkurunziza Bugingo David, nyuma yo kunyagirwa n’Ikipe y’Igipolisi cy’Igihugu ibitego 4-0 mu mukino wa Shampiyona, yagaragaye muri Stade avugira kuri
Uruganda rw’Abadage rwa BMW “Bayerische Motoren Werke” rwahaye abakinnyi ba Real Madrid imodoka nshya muri gahunda ikubiye mu bufatanye rusanzwe rufitanye n’iyi kipe y’ikigugu yo
Umuhanzikazi Sheebah Karungi uri mu bakomeye mu muziki wa Uganda, yikomye Abagande bagenzi be abashinja kutamuha agaciro, agaragaza uruhare nawe ashobora kuba abifitemo. Ubwo
Mu gihe benshi batekerezaga ko umwiryanye ukunze kurangwa hagati y’abana babiri bakurikirana ari ikibazo, ubushakashatsi bwagaragaje ko ayo makimbirane ari ingirakamaro. Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe