Mu mujyi wa Kigali mu Giporoso ibihabereye biteye ubwoba ku musore wasomye agacupa arangije atera ibuye mu modoka y’Abasirikare

Mu mugi wa Kigali ahazwi nko ku Giporoso habereye icyo wakwita nk’amabara, aho umusore yafashe ibuye akamena ikirahure cy’imbere ku modoka y’abashinzwe umutekano.

Uyu mosore uri mu kigero k’imyaka 27 na 30, biravugwa ko yari yasinze ndetse ubusinzi akaba aribwo bwatumye akora ibi.

Nyuma yaho aho uyu musore yari yicajwe yakomeje avuga ko atariburwanye inzego z’umutekano, ati ahubwo bamukorere icyo bashaka.

Inkuru yose ni mukanya….

Related posts

Ababyeyi b’ iki gihe bafite ubunyamaswa, bishe umukobwa wabo nyuma yo kwanga kurongorwa n’ umusaza w’ imyaka 55

Umwana w’ imyaka 7 uregwa na mukase yakubiswe kugeza akuwemo iryinyo kubera yari arimo kwiramira

Kwihumuriza imyenda y’ umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘ Stress’_ Ubushakashatsi