Mu mujyi wa Kigali mu Giporoso ibihabereye biteye ubwoba ku musore wasomye agacupa arangije atera ibuye mu modoka y’Abasirikare

Mu mugi wa Kigali ahazwi nko ku Giporoso habereye icyo wakwita nk’amabara, aho umusore yafashe ibuye akamena ikirahure cy’imbere ku modoka y’abashinzwe umutekano.

Uyu mosore uri mu kigero k’imyaka 27 na 30, biravugwa ko yari yasinze ndetse ubusinzi akaba aribwo bwatumye akora ibi.

Nyuma yaho aho uyu musore yari yicajwe yakomeje avuga ko atariburwanye inzego z’umutekano, ati ahubwo bamukorere icyo bashaka.

Inkuru yose ni mukanya….

Related posts

Rusizi: Umukobwa yabengewe ku murenge ,umusore yifuza murumuna we ko ari we uryoshye!

Abantu 10 bakoreye imibonano mpuzabits1na mu kivunge bahuye n’ uruva gusenya

Umugabo induru yayishyise ku munwa kubera ibyo yari amaze kubona ubwo yarimo akora urukundo rwo mu mashuka n’ umukunzi we mu ijoro rya mbere ry’ ubukwe bwabo