Menya rutahizamu ukomeye wa APR FC ugiye kuyisohokamo

Rutahizama wa APR FC Bizimana Yannick uzwi nk’ifi n’inkoko muri uku kwa mbere ashobora kujya mw’ikipe ya Mukura.

Ni nyuma yo kubura umwanya wo gukina muri APR FC niko gushaka guhita yifuza kujya kuzukira muri Mukura nkuko na bagenzi byagiye bigenda,urugero nka Manishimwe djabel wavuye muri nyamukandagira agahita yerecyeza muri Mukura byaramuhiriye nyuma y’igihe gito ahita abona ikipe hanze.

Bizimana Yannick yagiye muri APR FC avuye muri mukeba Rayon Sports nyuma y’ibabazo yaririmo uwahoze ari umuyobozi wayo Munyakazi Sadati ahitamo kumugurisha muri APR yamushakaga ngo nawe yicyenure.

Yannick Bizimana nyuma yo gukoza ifi ku nkoko yibagiwe icyamujyanye ibitego birabura none agiye kujya mu Ntara.

Related posts

APR FC irimo abakinnyi bashya yerekeje muri Tanzania ku ntego zo kwerekana ibyo imaze iminsi itetse

Umukinnyi mushya wa Rayon Sports yageze mu Rwanda, avuga ko ataje i Kigali “kubara amazu” [AMAFOTO]

EURO 2024: U Bufaransa bwasezereye Cristiano na Pepe imbokoboko, Mbappé yishimira kunywa umuti urura [AMAFOTO]