Menya ahantu 3 wakora umukunzi wawe akumva akunzwe cyane, inkuru irambuye

Buriya gukora ku muntu ukunda mu buryo budasaznwe , bimuha ibyiyumviro byerekeye urukundo no gutera akabariro.

Uyu munsi rero turakurangira ahantu 3 wakora umukunzi wawe , akumva ko akunzwe bidasanzwe.

Musore na we mugabo , niba ushaka kwereka umugore cyangwa umukobwa ko umukunda cyane, mukoreho mu buryo bwawe na we azahita abona neza ko utandukanye n’ abandi bagabo cyangwa abasore azi.

1.Amaguru ye: Abagore bashyira imbaraga zabo zose mu maguru yabo cyane. Haba mu gitondo , nijoro cyangwa nimugoroba , burya imbaraga z’ abagore nyinshi ziba mu maguru.

Niba ushaka kwigarurira umugore rero , uzitegereze ibirenge bye kandi ubihe umwanya uhagije. Uzite ku maguru ye.

Ujye umubwira ko afite amaguru meza cyane kandi ubimubwire mu ijwi rituje cyane.

2.Mu ijosi rye: Mu ijosi ni ahantu hatazwi n’ abantu benshi ariko ni ahantu haca intege igitsina gore cyane , ndetse hakanagaragaza ko uhagukoze agukunda cyane.

Gusoma umuntu w’ igitsina gore nibyiza cyane , ariko biba akarusho iyo uhereye mu ijosi rye nk’ uko ikinyamakuru Opera kibigaragaza.

3.Mu mugongo we: Gukora mu mugongo w’ igitsina gore ukabikora mu buryo budasanzwe uzamura intoki zawe ukanazimanura , bimugira udasanzwe mu ntekerezo akaba yaguha n’ imodokaye atunze mu gihe wabikoze neza cyane.

Mu kugira ngo atume yumva anezerewe kandi akunzwe , bizagusaba kuhakora uzamura umanura witonze.

Related posts

Inkuru ya mugitondo ireba abafite abakunzi! Aya ni yo magambo meza wabwira umukunzi wawe ibinezaneza bikamusaga

Umukobwa wapfiriye umuhungu akabura uko abigenza, hari ibimenyetso bimuranga.

Bashobora ku kwangiriza umutima! abakobwa ugomba kwirinda gukundana nabo mu buzima bwawe