Inkuru nziza yatumye abatwara ibinyabiziga bongera ku mwenyura, ubu bagiye kujya barya ifi irishwa inkoko

 

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira kuri uyu wa Gatanu nibwo hasohotse Itangazo rivuga ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse.

Aho lisansi yavuye ku 1528 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1517 naho mazutu litiro iva ku 1518 Frw, ishyirwa kuri 1492 Frw.

Ibi biciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli biratangira kubahirizwa guhera saa moya (19:00) z’ijoro, zo kuri uyu 2 Kamena 2023.

Inkuru mu mashusho

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwavuze koi bi biciro bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere guhera tariki 2 Kamena 2023 saa moya z’ijoro. RURA yatangaje ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.”

 

Related posts

Ingabo z’ u Burundi , Wazalendo na FDLR, n’ igisirikare cya Congo bagabye Ibitero bikomeye ku Banyamulenge.

M23 yahaye isomo rikomeye rya Gisirikare Wazalendo wari ushatse kuyica muri humye i Bukavu

Ruhango: Icyatumye abagore nabo bisanga batawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu mukwabu