Ibyo kurya umukobwa n’ umugore barya bikabafasha gukuza amabere n’ amabuno

Ubushakashatsi bwagaragaje ko burya amabere y’umuntu uwo ariwe wese aba atangana. Bwagaragaje ko ibere ry’ibumoso ariryo rinini kurenza iry’iburyo.

Ndetse ubushakashatsi bwagaragaje indyo zitandukanye ushobora kurya kenshi zikaba zagufasha kongera amabere.

Amata : Amabere yawe yose agizwe n’ibinure kandi kurya ibikomoka ku mata bikungahaye ku binure bishobora kongera ubunini bw’amabere yawe.

Ipapayi: ipapayi nayo yagufasha kuko ikungahaye ku ntunga mubiri zifasha umubiri kurambuka.

Imbuto z’ibihaza (Imbuto z’amadegede) : izi zo uraziswa ukajya uminjira ifu yazo mu biryo buri munsi.

Soya : soya nazo zikungahaye ku ntungamubiri nyinshi zifasha umubiri mu gukuza ibice byawo. Si ibyo gusa kuko zo zigufasha no kwirinda kuba warwara kanseri yo mu mabere.

Related posts

Icyo ugomba gukora mu gihe watakaje icyizere cy’ ubuzima burundu

Mujya mubyibuka gufata ifunguro ryanyu muri ubu buryo niba mutabyubahiriza ubuzima bwanyu buri  mu kaga

Ibyigenzi wamenya ku cyorezo cya Marburg kirimo guhangayikisha abanyarwanda