Hamenyekanye umunsi n’isaha indirimbo nshya ya Vestine na Dorcas izajya hanze

Murindahabi Irene, Umunyamakuru akaba n’umujyanama mukuru wa Vestine na Dorcas, yamaze gutangaza ko indirimbo nshya ya Vestine na Dorcas bari bamaze igihe bategereje ubu yaje.

Yagize ati, “gutegereza kwarangiye, kuri uyu wa 6 saa 16:00 z’umugoroba indirimbo nshya ya Vestine na Dorcas bise Iriba iraba yabagezeho.”

Iri tsinda ry’abakobwa bamaze kugwizwaho igikundiro n’abantu benshi mu ngeri zitandukanye, baherukaga gushyira hanze indirimbo yabo hanze nyuma y’amezi ane ashize, akaba ari iyo bise Kumusaraba nayo yakiriwe neza.

Related posts

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze

Ntabwo ajya aripfana! DJ Brianne yavuze impamvu yanze kuba umugore wa Israel Mbonyi ,ababyumvise bamukubise imijugujugu