Ese yaba ari nka wamukene urota yariye inyama kandi nta ni kijumba aheruka, biravugwa ko The Ben agiye kwinjira muri Wasafi ya Diamond Platnumz

 

 

 

Amakuru arimo kuvugwa ko nyuma y’ uno Wasafi ya Simba ishyiriye hanze itangazo ryo rigaragaza ko hari umuhanzi mushya (Super Star ), ugiye gusinya muri iyi nzu, benshi bakomeje kujujura ko ashobora kuba ari The Ben.Ibi babivuze nyuma y’umubano udasanzwe Diamond Platnumz na The Ben bafitanye ndetse bakaba bakomeje kuwugirana.

Umva hano amahano abereye ingororero

ESE NI IZIHE MPAMVU ZIFATIKA ?

The Ben yakoranye indirimbo na Diamond Platnumz bayita Why ndetse na mbere y’aho bari bafitanye umubano udasanzwe , haba kuba bombi ari abahanzi ndetse no kuba umwe muri bo ari umufana wa mugenzi we.Kugira ngo habeho gukorana kumpande zombi hagomba kubanza kubaho kugira urukundo n’ubushuti.Ibi bituma The Ben ashobora kuba umwe mu banyamahirwe bo gukorana bya hafi nuyu muhanzi.Indirimbo WHY , yahaye Diamond Platnumz amafoto nanubu agikoresha.

Mu bitaramo bya Award 2023 byabereye mu Rwanda, aba bombi bagaragaye cyane bari kumwe ku buryo bishobora kuba imbarutso yo kwinjira muri WASAFI kwa The Ben.

Related posts

“Wankunze ntabikwiriye mwami” Amwe mu magambo y’amashimwe ari mu ndirimbo ‘Ndi Uwawe’ ya Bonfils

Atuma benshi bemera ko Imana ibaho! Sobanukirwa Songella ufite ubwiza butangaje.

“Imbehe yanjye wubitse, yarubutse” Byinshi ku ndirimbo ikomeje kuba isereri mu mitwe y’urubyiruko