Dore umwataka ukomeye wa APR FC ugiye kuyisohokamo

Umukinnyi wa APR FC Nshuti Innocent amakuru ahari nuko atazajyana na APR FC mu gikombe batumiwemo cya Mapinduzi cup muri Zanzibar,kubera ko afite ikipe yo hanze imushaka itaramenyekana izina kandi APR FC ntago yakwanga kumutanga kubwineza yabanyarwanda.

 

Nshuti Innocent n’umwataka w’ikipe y’igihugu Amavubi,akaba aheruka kuyihesha amanota 3 atsinda Afurika y’Epfo.

Yazamukiye mw’ikipe yabakiri bato ya APR FC Intare bamuzamura mw’ikipe nkuru nyuma yo gutsinda ibitego mu cyiciro cya kabiri APR agahita imushyira mw’ikipe nkuru.

Uyu mwataka w’imwaka 25 indi kipe yanyuzemo ni Stade Tunisien yo muri Tunisia yanyuzemo muri 2018-2019 akaba ashaka kugerageza andi mahirwe.

Rutahizamu  Nshuti Innocent wa APR FC.

Related posts

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana