Dore ibibazo umusore wese ashobora kubaza umukobwa bigatuma ahita yifuza ko barya agatunda

Hari amayeri menshi akoreshwa n’abagabo cyangwa abasore bakaba babasha kuganza ibyiyumviro by’abakunzi babo bifashishije kubaza ibibazo bisa n’ibirimo imitego n’amafiyeri umukobwa cyangwa umugore atapfa gutahura bikarangira ashaka ko baryamana mu buryo na we atazi.

Abahanga mu by’imitekererezo bavuga bimwe mu bibazo bishobora kubazwa n’uw’igitsina gabo bikaba nk’uburozi mu mutwe w’umuntu w’igitsina gore.

Wigeze ufata icyemezo cyo gusoma umusore ubitewe n’uko wowe wabyishakiye?

Abagabo benshi batekereza ko aribo bagira amashagaga yo gusaba abagore nyamara n’abagore/abakobwa ubwabo barabyishakira. Iki kibazo rero gituma umukobwa atangira gushaka gukora ibintu nk’ibyo.

Uramutse uhawe amahirwe yo kubona umugabo utambaye bwa mbere, ni he wakwifuza kureba?Iki kibazo kiza gisa n’urwenya ariko iyo umukobwa yanze kugisubiza umusore ashobora kumusaba gukoresha ibimenyetso by’amaboko agakora aho yahisemo.

–Ahantu h’ibanga ushobora gukora ku muhungu agahita ashaka ibintu ni he?

Iki kibazo gituma umukobwa ahindukira ahubwo akakubaza utubazo twinshi tujyanye n’ibyiyumviro byawe by’igitsina. Ibi bituma agenda abishaka gacye gacye.

–Wambara iki iyo ugiye kuryama?

Iki kibazo gituma umukobwa atekereza uko aba yambaye kandi akenshi bigahura no guhita atekereza utwambaro dukurura abahungu cyane akunda kwambara iyo agiye kuryama.

–Ese ni akahe kambaro uraramo kakurutira indi yose?

Umukobwa ubajijwe iki kibazo atangira kwiyumvisha ko umusore atewe ishema no kuba umukobwa yambara akambaro kamukurura.

–Ese wigeze ubona (bikugwiririye cg wabigambiriye) abakunzi bambaye ubusa?

Iki kibazo gituma umukobwa arushaho gushushanya isura we n’umukunzi we baba bafite mu gihe bambaye nk’uko.

Ese ni he ku mubiri wawe hagutera kwifuza kubonana n’umuhungu kurusha ahandi?
Umukobwa asubiza iki kibazo agira ngo mu gihe muzaba muryamanye umusore azamenya aho amukora habasha kugeza ibyishimo bye ku ndunduro. Bituma umukobwa ashushanya uko igikorwa kizamera.

Hari icyo ubutumwa bugufi (sms) bushobora kuguhinduraho ku bijyanye n’ibyiyumviro byawe?

Aha, umukobwa atangira kwibaza utu sms twiza ajya yakira kandi akenshi koko abagore cg abakobwa bakunda ubutumwa bugufi. Musore, uzarebe muri terefoni y’umukunzi wawe uzambwira icyo uzasangamo.

Ese ubona imibona1no mpuzandi1mi byagushimisha?

Aha umusore ntiyita ku gisubizo ahabwa ahubwo icyo aba agambiriye ni ukwinjiza umukobwa mu ntekerezo z’ibishobora gukorwa mu gihe baryamanye.

–Urashaka ko ngusoma?

Birashoboka cyane ko nyuma y’iki kibazo umukobwa yahita asoma umusore.

Ese ubu nanjye mfite umusatsi byambera ? Cyangwa ….?

Umukobwa atangira kwishakamo isura y’umusore afite umusatsi cyangwa ntawo afite. Ibi kandi bikunda kujyana n’uko umusore aba akorakora mu musatsi w’umukobwa.

Ni iki nakora ngo ubashe kujya muri mood (ubishake)?

Amazi yatembye ubu yageze kure. Hano umukobwa aba yamaze kubishaka pe!

Ese ibyo twaganiye byaguteye kwifuza gukora imibona1no?

Niba nta kintu kinini umukobwa yahindutseho, uyu niwo mwanya mwiza umusore akoresha wo gutangira gukora ku bice bitandukanye by’umubiri w’umukobwa.

Twasomana?

Noneho se nagukoraho nta kibazo?

Ubwo nawe urumva ko igikorwa kiba kiri bugufi.

Related posts

Kugira ngo ushyikire umukobwa mwiza mu buzima bwawe, ugomba kwitoza kujya ugenda wihuta: Uko wa kwegera umukobwa muhuriye hafi y’umuhanda agahita agusamira hejuru

Iyi nkuru ireba abari hejuru y’imyaka 18: Ese ubundi umuntu adakoze imibonano  byamutwara iki?Sobanukirwa

Urugutegereje niba hari uwo wakunze ukamwimariramo wese