Uwabaswe n’ inganzo y’ urukundo kuwo yikundiye yarabyutse arandika ati“ Amarira y’urukundo rwanjye yanditse ko nkunda kandi ko nzahora nkukunda”
Uretse inzandiko z’ubu, n’abahanga bo mu kinyejana cya mbere baranditse kandi bandika ku rukundo. Urukundo rufite amateka yihariye. Ntabwo wabona icyo uhereza umukunzi wawe maze
Read more