Breaking news: Bruce Melody na Coach Gael bamaze kugera ahagiye kubera ikiganiro n’itangazamakuru

Bruce Melody n’itsinda rye bayobowe na Coach Gael bamaze kugera muri BK Arena ahagiye kubera ikiganiro n’itangazamakuru ku bikorwa bye muri uyu mwaka wa 2024.

Ni ikiganiro Bruce Melody yari yarateguje ubwo yavaga muri Amerika ntabashe kuba yavugana n’itangazamakuru ryari ryaje kumwakira bitewe n’uko yarafite umunaniro. Muri iki kiganiro kandi baragaruka ku masezerano bagiranye na United Generation Basketball (UGB) ibarizwa mu kiciro cya mbere hano mu Rwanda, baragaruka kuri byinshi kuri iyi kipe bashyizemo imigabane

Related posts

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze

Ntabwo ajya aripfana! DJ Brianne yavuze impamvu yanze kuba umugore wa Israel Mbonyi ,ababyumvise bamukubise imijugujugu