Batunguwe no gusanga umwarimu w’ i Musanze yapfuye nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we

 

Abaturage bo mu Karere ka Musanze batunguwe no gusanga umusore w’ imyaka 27 y’ amavuko wakora umwuga w’ ubwarimu yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye bagakeka ko yaba yiyahuye.

Abaturage babonye uyu mwarimu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15.05.2024

Uyu mwalimu wabaga mu murenge wa Muko, mu karere ka Musanze,wigishaga muri E.P Mubago mu murenge wa Nkotsi,bikekwa ko yiyahuye kubera ko umukobwa yakundaga yamwanze.

Amakuru avuga ko uwamubonye bwa mbere ari Umwarimu bakodeshaga mu gipangu kimwe,wahamagawe n’umukobwa wakundanaga na Nyakwigendera amusaba ko yajya kumumurebera ngo kuko yaramaze kumusezeraho amubwira ko agiye kwiyahura.

Ivomo: Umuryango

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.