As Kigali ibonye umutoza mushya uje kuyikuraho igisusuguriro

Guy Bukasa asinyiye gutoza AS Kigali FC mu mikino y’igice cya kabiri cya shampiyona ngo byazagenda neza agahabwa indi myaka 2 yamasezerano.

Guy Bukasa ntago ari ubwa mbere atoje mu Rwanda kuko yatoje amakipe nka Gasogi United ayivamo ajya muri Rayon Sports batundukana asubira iwabo  mw’ikipe y’igihugu ya  Congo.

Ibi bibaye nyuma yaho AS Kigali itangarije ko igarukanye ingamba nshya muri shampiyona no mu gikombe cy’amahoro kandi peresida w’Icyubahiro Shema Fabrice yabemereye abakinnyi batatu, bazayifasha kuva mu myanya yanyuma.

Tumwifurije amahirwe masa.

Related posts

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana