Amashusho ya Bizaza , Ibikomere biromoka nusoza kuyareba.

Nyuma yuko umuhanzi FRANK STAIN ashyiriye hanze indirimbo “BIZAZA” muburyo bw’amajwi ndetse ikaza no gukundwa n’abatari bake ahanini bashingiye kubutumwa bwiza bwumvikana muriyo ndirimbo, harimo ubwomora Ibikomere k’umitima yabo. Ubu nononeho Amashusho yiyo ndirimbo yageze hanze ,.
nkuko bitangazwa nurebera inyungu z’uyu muhanzi , mukiganiro yagiranye na kglnews.com

Aho yatangaje ko ” ashimira abayigizemo uruhare Bose barimo nk’abatarahwemye kubagira inama yuko indirimbo ishobora kuzaba nziza kurushaho muburyo bw’amashusho , aha yagarutse kubanyamakuru batandukanye.”

Iyi ndirimbo amajwi yakozwe na kina beat naho video yo ikorwa na prince bril .

Related posts

“Twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose” Ibyo wamenya ku ndirimbo ‘Ubuntu’ yasamiwe hejuru

Ese koko Byiringiro Lague umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Police FC koko yaba yarateye inda DJ Crush?

Inkuru iteye agahinda ya Nishimwe Consolée, yiciwe abavandimwe be,arasambanywa yanduzwa Sida muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994