Amafoto: Miss Nishimwe Naomi n’umukunzi we Michael Tesfay bagiye kurya ubuzima nyuma yo kumwambika impeta

 

Nishimwe Naomi wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, nyuma yo kwambikwa impeta n’umukunzi we Michael Tesfay kuri ubu bari kubarizwa mu birwa bya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania.

Michael Tesfay yambitse Miss Nishimwe Naomi ku wa 01 Mutarama 2024 ndetse banateguza ko bari hafi gushyingiranwa.

Related posts

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben, yemera no kukitabira

Madedeli yasubije urukundo ku murongo mushya yasezeranye mu ibanga rikomeye

Petero nzukira yongeye kuvuga ubusa”Danny Nanone yongeye kwatsa umuriro kuri Phil Peter barapfa iki?