Amafoto: Miss Nishimwe Naomi n’umukunzi we Michael Tesfay bagiye kurya ubuzima nyuma yo kumwambika impeta

 

Nishimwe Naomi wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, nyuma yo kwambikwa impeta n’umukunzi we Michael Tesfay kuri ubu bari kubarizwa mu birwa bya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania.

Michael Tesfay yambitse Miss Nishimwe Naomi ku wa 01 Mutarama 2024 ndetse banateguza ko bari hafi gushyingiranwa.

Related posts

“Twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose” Ibyo wamenya ku ndirimbo ‘Ubuntu’ yasamiwe hejuru

Ese koko Byiringiro Lague umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Police FC koko yaba yarateye inda DJ Crush?

Inkuru iteye agahinda ya Nishimwe Consolée, yiciwe abavandimwe be,arasambanywa yanduzwa Sida muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994