Amafoto: Miss Nishimwe Naomi n’umukunzi we Michael Tesfay bagiye kurya ubuzima nyuma yo kumwambika impeta

 

Nishimwe Naomi wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, nyuma yo kwambikwa impeta n’umukunzi we Michael Tesfay kuri ubu bari kubarizwa mu birwa bya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania.

Michael Tesfay yambitse Miss Nishimwe Naomi ku wa 01 Mutarama 2024 ndetse banateguza ko bari hafi gushyingiranwa.

Related posts

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze

Ntabwo ajya aripfana! DJ Brianne yavuze impamvu yanze kuba umugore wa Israel Mbonyi ,ababyumvise bamukubise imijugujugu