Ahantu hatatu wakora umukobwa muri mu rukundo agahita yifuza ko mwatera akabariro.

 

 

Buriya basore benshi baba bibaza ukuntu umukobwa ashaka ko bakora imibonano mu buryo bwihuse . uyu munsi muri iyi nkuru tugiye kugaruka ahantu 3 wakora umukobwa mukundana agahita ashaka ko mutera akabariro.

 

Mukore ku kibuno:Uburyo uzahakora nibyo bizatuma azongwa , akumva ashatse uwo baryamana. mukoreho mu buryo bworoheje kandi wirinde kumukanda cyane.

 

Musome igihe muri kumwe: musome mwegeranye byibuze mumarane nk’ umunota umwe urenga , bizatuma ubushake bwe bukanguka.

 

Igihe muri kumwe mukore ku mabere:iki ni igice gihita kizamura ubushake bw’umukobwa akumva ashaka imibonano mpuzabitsina cyane

Related posts

Ibimejyetso byerekana ko umukunzi wawe akuze mu myumvire atirirwa kubwira ngo mu rye agatunda 

Ubutumwa ushobora gukoresha igihe ushaka kwanga umukobwa mu bwitonzi!

Ibyago mu rukundo: Impamvu umukobwa ababara cyane kurusha umuhungu