Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Wari warahishwe byinshi sobanukirwa uko umukobwa cyangwa umugore wawe yitwara mu buriri bitewe n’ imiterere y’ amaguru ye

Buri mukinnyi afite uko yitegura umukino n’uko awukina bigendanye n’aho yitoroje cyangwa n’uwamutoje, gusa burya uko uhagarara n’umwanya usiga hagati y’amaguru yawe bifite igisobanuro gikomeye mu buryo witwara mu gitanda cyangwa uko ushobora kuzitwara niba utarageza igihe ngo ubyemererwe n’amategeko.

Ubwoko bwa 1: Amaguru yawe arafatanye neza gusa harimo akanya gato cyane hagati yayo ufatiye ku gatsinsino. Ubushakashatsi bugaragaza ko niba uteye gutya mu gitanda uri igitangaza ndetse ngo n’abagabo baragukunda cyane (Urabakurura cyane). Ikindi kandi bivugwa ko ngo ugira isoni cyane bikaba byarambira uwo muri kumwe.

Ubwoko bwa 2: Ufite umwanya munini hagati y’amaguru ariko ntabwo ari munini cyane, amaguru yawe ahuriye ku gatsinsino hagati hagasigaramo umwanya. Uyu mwanya urimo hagati, usobanuye ko iteka mu gitanda uba wumva wagerageza ibintu bishya byose. Ukunda gufata inshingano kabone nubwo waba utiyizeye.

Ubwoko bwa 3: Amaguru yawe arafunze hejuru uhereye ku gitsin***a ariko kumanuka hasi kumavi harafunguye, hagati y’amavi harafunguye ariko hasi ku birenge harafunze mbese udutsinsino ni two dufunze. Ubushakashatsi buvuga ko wowe iyo wabishatse umugabo wawe wamusaza mu gitanda kubera ko wifitemo ubwo bushobozi, muri make uri umuhanga cyane.

Niba wari warabuze ubushake mu gihe cyo gutera akabariro Twiyemeje kugarurira abagabo ishema ryabo mu ngo zabo banezeza abagore babo uko bikwiriye niba  wifuza ko tugufasha wahamagara cyangwa se ukatwandikira kuri 0725701440

Related posts