Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Uyu muhungu ameze nk’ ayuda wa gambaniye Yezu, mukubite ibiganza bye mu gihe ashaka gukora kuri bino bice  bitabaye ibyo ntabwo uzamucika pe wa mukobwa we

Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsin* a gor* e  ibafasha gukenera gukora akabariro uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora.Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku muntu w’igitsin* a gor* e  bikaba ari nayo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakururwa n’amaraso y’igitsina gabo iyo abikozeho agahita yumva amukeneye. Ibyo bice ni:

1. Amabe r* e: Amabe r* e y’umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo akoraho maze umukobwa agahita yumva ubushagarira umubiri we wose bigatuma yumva ashatse gukora akabariro ako kanya.

2. Ibibero: Iyo umukobwa yemereye umuhungu ko amukora ku bibero aba yikozeho kuko akenshi haba hariho amaribori ari nayo afasha umubiri wose kumva neza igikorwa kiri kuba. Gusa ntibivuze ko utagira amaribori we ntacyo yumva, kuko uwo ariwe wese w’igitsinagore.

3. Mu ntege: Mu ntege naho ni hamwe mu bice by’umubiri w’umugore bigira ubukirigitwa cyane ku buryo iyo hari uhakoze umubiri wose ugira ubwitabire, bityo umubiri ukaba wahita ucika intege ukagira ubushake bwo gutera akabariro cyane.

4. Mu musatsi: Gukora mu misatsi y’umukobwa cyangwa umugore bifasha cyane umugabo kumwumvisha icyo akeneye, imisatsi kandi ku bagore ibamo ubushagarira butuma batwarwa igihe cyose umugabo arimo kuyikoramo kuburyo bashobora no gushiduka ibitekerezo byabo byagiye kure bagahita bifuza gushaka gutera akabariro.

5. Mu biganza: Abantu b’ibitsina bitandukanye iyo bafatanye mu biganza umwanya munini bishobora gutuma umugore yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina ariko bikaba akarusho iyo umugabo asa nk’ushimashima cyangwa akorakora mu biganza by’umugore, ubushagarira buhita bwihuta cyane kuburyo bica intege umugore mu bijyanye n’ubushake bw’akabariro.

Related posts