Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Urutonde rw’abakinnyi 20 baguzwe Amafaranga menshi binjira muri shampiyona ya Saudi Arabia, Ese ni Neymar, Benzema, Sadio Mane ???

Isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi muri Saudi Arabia naho ryamaze gufunga, risize iyi shampiyona yerekejwemo n’abakinnyi benshi bakomeye twari dusanzwe tumenyereye kubona ku mugabane w’Iburayi.

Ikinyamakuru transfer market cyashyize hanze urutonde rwa bakinnyi 20 bahenze muri iyi meshyi bava mu bihugu bitandukanye berekeza muri shampiyona ya Saudi Arabia.

Uru rutonde ruyobowe na Neymar Jr wavuye muri Paris saint-Germain yerekeza muri Al Hilal, aho yatanzweho miliyoni €90m mu mayero. Uko bakurikirana.

Abakinnyi 20 binjiye muri iyi meshyi bahenze muri shampiyona ya Saudi Arabia

Cristiano Ronaldo yinjiye muri Saudi pro League mu kwezi kwa mbere uyu mwaka benshi batabyumva gusa kugeza uyu munsi iyi shampiyona imaze kwigarurira imitima ya benshi, bitewe n’abakinnyi bakomeje kuyijyamo.

Related posts