Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umwarimu n’umukobwa bafashwe basambana mu buriri bw’ababyeyi b’umukobwa barabutosa.[INKURU].

Umwarimu n’umukobwa yigishaga bafashwe basambana mu buriri bw’ababyeyi b’umukobwa barabutosa.

Uwo mukobwa yavuye ku ishuri agiye gukina mu mikino yahuzaga amashuri mu yo muri Senegal maze ahura nuyu mwrimu basambanira mu buriri bw’ababyeyi b’umukobwa barabutosa.

Uyu mwarimu utari woherejwe n’ishuri guherekeza abanyeshuri no gukurikirana imikino yabo, yagaragaye ahaberaga imikino, abandi bakeka ko ari ugukunda kureba imikino no kwita ku bana b’ishuri rye.

Uwavuga ko muri iki gihe ibintu byahindutse ntabwo yaba abeshye ,ibi ndabivuga mu gihe muri Senegal mu mujyi wa Dakar ubusambanyi bwafashe indi ntera, muri iki gihugu cya Senegal umwarimu n’umukobwa bafashwe amashusho barimo gusambanira mu ruhame  abantu bifata ku munwa.

Umwe mu bayboye idini  yagize icyo abivugaho, aganira n’itangazamakuru ati”Muri iki gihe abantu basigaye barahindutse cyane aho usanga benshi bitwaza ibigezweho bakishora mu ngeso mbi cyane cyane izubusambanyi.

Uyu mwarimu n’umukobwa bo mu igihugu cya senegal muri iki gitondo nibo babyutse bavugwa cyane uko ari babiri nubwo bataratangaza amazina yabo bafatiwe mu igikorwa cy’ ubusambanyi nyuma  camera zo muri ako gace zibatamaje bagafatwa.

Nkuko bigaragara kumbuga nkoranya mbaga,uyu mwarimu n’ umukobwa bose bari bari gusambana  bafashwe na camera zigaragaza uburyo batoheje aho bakoreye icyo gikorwa aho ababibonye bemeza ko hari habaye nkumugezi.

Ubwo umwarimu yaramaze gukuramo ikariso y’ umukobwa nibwo bahise bamugwa gitumo gusa benshi bakaba bemeza ko uyu muhungu yaramaze gukora icyo yaragambiriye gukora  kuko ngo yari yabize icyuya cyane.

Bamwe mubari bahari batangaje ko aba bombi basanzwe bakururana ko ibi bakoze atari ubwa mbere ahubwo ko basanzwe babikorana.

Related posts