Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Umwataka ukomoka muri Angola kiyovu sport izanye aje kwibagiza Abanyarwanda abandi bataka bose babonye

Ikipe ya Kiyovu Sport nyuma yo gukora inama bakarebera hamwe ibibazo ifite, iyi kipe yatangiye kujya Ku isoko Aho yahise ijya mu gihugu cy’Angola kumanura yo intwaro.

Ni umukinyi witwa Afonso Sebastião Cabungula, bakunda Kwita (Fofo). Uyu mukinnyi akina Ku mpande zombi i buryo n’ibumoso asatira. yavutse mu mwaka 1994 kamena Ku itariki 30 Kuri ubu afite imyaka 29, akinira ikipe ye y’igihugu ya Angola.

Fofo Cabungula yakiniye amakipe atandukanye arimo premiero de Agosto, ASA, Rec.Libolo, Muscati club, Santa Lita nayandi atandukanye. Uyu musore ni umwe mubataka beza babanya Angola ashobora gutsinda hejuru y’ibitego 15 mu mwaka w’imikino.

Related posts