Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umunyamakuru Anita Pendo yariye karungu ngo arajyana umuntu munkiko, abakunda ibintu byinzaduka ubwoba bwabatashye.

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Anita Pendo yagaragaje uburakari bukomeye ubwo yabonaga amafoto ye yahinduwe.

Muriyi minsi hadutse program zo muri telephone zasamiwe hejuru nabantu benshi cyane cyane abakobwa dore ko zaje zije gukemura ikibazo cyamafoto yabaga atameze neza ariko izi program zaje gukemura iki kibazo.

Izo program ni photolab, ndetse Toonme ziri kubica kubigacika hanzaha.

Hari amafoto ya Anita Pendo uyu munyamakuru wa RBA yakwirakwiye kumbuga nkoranyambaga yakorewe murizi program maze kubera uburyo imiterere ye yari yahinduwe biramurakaza cyane.

Uyu munyamakuru mumagambo ye yagize ati” Umuntu wakoze ibibintu asenge cyane sinzamumenye”

Muriyi minsi Hari gucicikana amafoto yakorewe murizi program ugasanga umuntu yahindutse undi wundi iyi program ije nyuma ya Snapchat nayo yabiciye bugacika.

Uyu muntu wakoze aya mafoto ya Anita Pendo amenyekanye akamujyana muntiko yahanwa doreko ifoto ari umutungo bwite wumuntu.

Related posts