Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Umukobwa w’umunyeshuri bamufashe video ari gusambana n’abahungu batatu icyarimwe bamusimburanaho umwe umwe.

Umukobwa w’umunyeshuri wimyaka 17 yafahswe asambana n’abahungu batatu mu ishuri bigamo basobanura ko bari bari gusobanurirana amasomo.

Muri iki Gitondo Habyutse Havugwa Inkuru y’umwana w’umukobwa usanzwe ari umunyeshuri aho yafashwe asambana nabanyeshuri batatu(3) icyarimwe.

Mu byukuri Kuri ubu iyo uzengurutse imbuga nkoranya mbaga usanga abantu biyahuza amashusho y’urukoza soni ariho usanga abahanga bemeza ko abayareba bibatera gutwarwa nayo bityo bikabaviramo kwishora mu ngeso mbi y’ubusambanyi bitewe no kwifuza gukora ibyo baba biriwe bareba.

Umukobwa wo mu Mujyi wa Kampala bivugwa ko yiga Kitende, bashyize hanze amashusho ari gusambana n’abahungu batatu batandukanye icyarimwe abantu bifata ku munwa.

Nkuko bikomeje kugenda bizenguruka kumbuga nkoranya mbaga,Hari amakuru avuga ko bishoboka ko iyo video atari iya vuba aha, ko no mu mwaka ushize ngo yigeze gushyirwa hanze gusa ubu ikaba yaba yarahinduriwe izina ikitwa iya Kitende.

Aya mashusho yagiye hanze nyuma y’aho kandi undi munyeshuri wiga Makerere witwa Paula na we aye yagiye hanze. Avuga ko uwabikoze ari umuhungu wari inshuti ye, bashwana akamushyira ku karubanda ubwo yaganiraga na DailyExpress dukesha iyi nkuru.

Si ibyo gusa kuko umukobwa witwa Gloria Kengazi na we w’umunyeshuri yashyize hanze andi mashusho yabanyeshuri bari gusambana ibintu bidasanzwe muri aka gace ka Kitende.

Abatuye muri aka agace bavuga ko ibi bintu birimo no gukabya ko ahubwo hari abari kuzana videwo zacyera bakazitirira ibibaye muri iki gihe.

Related posts