Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
amakuru mashya

Umukinnyi w’Umunyarwanda wa Rayon Sports yerekeje muri Nigeria gukora igeragezwa mu ikipe ifite akavagari k’amafaranga

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ y’Abatarengeje imyaka 23 y’amavuko, Rudasingwa Prince yagiye gukora igeragezwa mu gihugu cya Nigeria.

Hashize ibyumweru bikabakaba bibiri Rudasingwa Prince agiye gukora igeragezwa mu ishuri ryigisha umupira w’amaguru muri Nigeria, naritsinda azahita agurishwa ku Mugabane w’i Burayi.

Rudasingwa Prince yabonye izuba tariki 20 Ukwakira 2003, ni umwe mu bakinnyi b’abahanga bakomeje kugaragaza ubuhanga budashidikanywaho.

Related posts