Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Uganda hari abaturage bagitunze intwaro za Gisirikare ba Karamojong. Umutekano uragereranywa k’umashyi mu amajyaruguru ujya iburasirazuba muri Uganda. Intwaro 378 zose zaratwitswe.

Intwazo 378 zose zaratwitswe.
Umutekano uragereranywa k’umashyi m’uturere twa Kaabong, Kotido, Amudat, Napak, Moroto, Abim na Nakapiripirit mu amajyaruguru ujya iburasirazuba muri Uganda. Intwazo 378 zose zaratwitswe.

Amakuru dukesha NTV UGANDA, abaturage bagize agatsiko kitwa Karamojong baracyatunze intwaro za gisirikare m’uturere twa Kaabong, Kotido, Amudat, Napak, Moroto, Abim na Nakapiripirit mu amajyaruguru ujya iburasirazuba muri Uganda aho bavuga ko arizo kwicungira umutekano dore ko hakibayo amabandi agishimuta abantu bitwaje intwaro.

Nyuma yuko igisirikare cya Uganda gitangiye gukaza umutekano gikusanya intwaro zaba zikiri mubaturage, bafashe imbunda 378 zakoreshwaga nabarwanyi ba Karamojong ndetse bashishikariza abandi kwishyira mumaboko y’abashinzwe umutekano mu mahoro nkuko byavuzwe na Brig Joseph BALIKUDDEMBE.

Brig Joseph BALIKUDDEMBE ati: “for the criminal elements that have remained behind the adamant to surrender their guns, I think they should look at this day, as the day that we think they can have a change of mind and surrender the guns peacefully”.

Related posts