Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Turi live Kigali,Umusore yararanye indaya ishaje abuze ayo kwishyura bamukuramo ipantaro reba video yambaye ubusa mu muhanda nyamirambo.

Umusore ufite imyaka 22 y’amavuko wo mu Karere ka Kicukiro yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yararanaga n’indaya ituye mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, akabura ubwishyu byatumye ifatira ipantaro na telefone bye.

Iyi ni inkuru ishingiye k’umusore ufite imyaka 22 y’amavuko wo mu Karere ka Kicukiro yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yararanaga n’indaya ituye mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, akabura ubwishyu byatumye ifatira ipantaro na telefone bye.

Ni inkuru twakwita amahano kuko ibi ntibisanzwe,bamwe mubari bahari batashye bifashe ku munwa kubera ibyo bari bamaze kubonera aho hantu bemeza ko ari uguta umuco w’ikiremwa muntu.

Muri iki gihe kimwe mu bintu byangirije imitwe yabantu hirya no hino ku isi ni ikibazo cy’ubusambanyi aho usigaye usanga byarafashe indi ntera cyane cyane mu bakiri bato (Urubyiruko) mu banyeshuri ndetse no mu bantu bakuru bahohotera abana bakiri bato ugasanga indaya ishaje idyamanye n’umwana ibyaye.

Ibi byabereye mu Mudugudu w’amahoro mu Kagari ka Gacyamo mu Murenge wa Gitega, mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 1 Werurwe 2022.

Abaturage bo muri aka gace babwiye ikinyamakuru IGIHE dukesha iyinkuru avugako ko ifatirwa rya telefone n’imyenda by’uyu musore byatewe n’uko yabuze ibihumbi 5 Frw yo kwishyura iyo ndaya bari bararanye.

Uwayo Kevin yagize ati:’’Yararanye n’indaya ikuze cyane abura amafaranga yo kuyishyura nk’uko bari bumvikanye nibwo yafashe imyenda ye na telefone itangira kumusohora ahita atabaza”.

Bizimana Daniel, yagize ati:’’Ni abasore bajya kugura indaya badafite amafaranga, na we ni uko yagiye akora ibyo akora arangije iramwishyuza atangira kuzana ibya mama wararaye maze ifatira ipantaro, umupira na telefone”.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gitega, Mugambira Etienne, yabwiye kiriya gitangazamakuru ko iyo ndaya yaje gusubiza imyenda uwo musore.

Yagize ati:’’Nibyo byarabaye, ni umusore muto wagiranye ikibazo n’indaya kubera ko atari yayishyuye nyuma nibwo umuhungu yabitumenyesheje ko babimutwaye’’.

Yongeyeho ko nyuma y’aho bamenye aya makuru iyi ndaya yasubije uwo musore imyenda ye ariko ntiyamuha telefone.

Related posts