Dore bimwe mu bintu byoroshye abagore baba bifuza cyane ku bagabo babo mbere y’ uko bafata umwanzuro
N’ubwo buri muntu muri rusange aba ateye ukwe noneho by’umwihariko abagore n’abakobwa nabo bakaba baba batandukanye mu mico, imyitwarire, mu byo bakunda n’ibindi nk’ibyo, byanze...