Hari indwara ituma umuntu atishima kuko aba atekereza ko nyuma yo kwishima hagiye kuza umubabaro mwinshi.
Ni indwara yitwa Cherophobia abahanga bavuga ko urwaye iyi ndwara aba atinya kwishima kuko aba atekereza ko nyuma y’ ibyishimo hagiye kuza umubabaro udasanzwe....