Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

AGATI KATARIBWA:Ruragaretse  Hagati y’indaya Z’imusanze n’abazambuye Amafaranga.

I Musanze indaya zahuruje abashinzwe umutekano nyuma yo kuvuga ko zambuwe amafaranga yazo ku mugaragaro.

Iyi ni inkuru ishingiye ku mvururu zirigutezwa n’indaya zo mu karere ka Musanze nyuma yo kuvuga ko zambuwe amafaranga yazo.

Mu byukuri nkuko twabivuze haruguru, Mu karere ka musanze abakora umwuga w’uburaya bakaniye, ngo babariye amafaranga yabo agera kuri milliyoni 3,

Muri aka akarere abantu bahuruje bibaza iyimyaduko yindaya yaba yaturutse kuko bamwe bavuga ko uyu mwuga utari ufite ingufu nkuko umeze mu mujyi wa Kigali.

Muri aka karere Ka Musanze ngo indaya zimwe ijambo,abakora umwuga w’uburaya mu gasantere (centre) ka Nyacyonga ho mu murenge wa Jabana ho mu kagali ka Kamatamu, ubu bararira ayo kwarika nyuma y’aho bakoze itsinda bahuriramo ryitwa Ubuzima Bwiza, maze baza kugira Amahirwe babona umuterankunga uvuye hanze abaha amafaranga agera kuri milliyoni 3 ngo bige imyuga biteze imbere ariko bo bakaba bavuga ko nanubu batarayabona.

Icyabateje izi mpagarara ni uko comité yabo yari iyobowe na Mukamana Jeanette yafashe ayo mafaranga bakayakoresha munyungu zabo bwite nyuma baza no kubihakana bababwira ko nta mafaranga y’indaya bafite.

Mukamana Jeanette ukuriye iri tsinda yavuze ko adahakana Aya mafaranga ariko yayaguzemo ishyamba Kuko naryo ryari rifitiye akamaro izi ndaya, gusa zo ntizibyumva Kuko zirashaka amafaranga yazo zikiyigira imyuga nkuko umuterankunga yabivuze.

Benshi mu batuye muri aka gace bavuga ko nibura izi ndaya zari zagize igitekerezo cy’iza cyo kwihuriza hamwe kugira ngo barebe ko bakwiteza imbere bakava muri uyu mwuga ariko ngo bakaba barahemkukiwe aho basabirwa kurenganurwa kuko barenganyijwe ku buryo bugaragara,.

Related posts