Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Rayon Sport iratangira imyitozo uyu munsi, menya uko gahunda yose ipanze

Uyu munsi tariki 14 nyakanga 2023 Rayon Sport iratangira imyitozo yayo ya mbere, yitegura umwaka w’imikino wa 2023-2024.

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo Rayon sport yanditse iti; “Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2023, Perezida UWAYEZU Jean Fidele aratangiza imyitozo Rayon Sports. Imyitozo iratangira 15h00 kuri SKOL Stadium mu Nzove”.

Kuruhande rw’abafana kwinjira kuri stade kugirango ukurikire imyitozo ya Rayon sport usabwa kwishyura amafaranga 1000FRW ahasanzwe ndetse n’amafaranga 2000FRW muri VIP. Imyitozo iratangizwa na Perezida w’umuryango wa Rayon sport Uwayezu Jean fidele.

Rayon sport utu mwaka n’imwe mu kipe gaguze abakinnyi benshi Kandi beza, cyane ko ifite urugamba rutoroshye two kuzagera Kure mu marushanwa ny’Afurika ndetse no gutwara igikombe cya shampiyona hano mu Rwanda.

Related posts