Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Perezida wayoboye Ubufaransa mu gahinda kenshi yavuze ko u Rwanda rutoneshwa ko rugomba gufatirwa ibihano

 

Uwahoze ayobora igihugu cy’ u Bufaransa Hollande François yasabiye u Rwanda kotswa igitutu ubundi rugafatirwa ibihano,

Uyu mu Perezida François muramwibuka ko yigeze kuba Perezida w’ Ubufaransa yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiriye kubuza u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23.

Uyu mugabo wayoboye Ubufaransa kuva 2012_2017 ubwo yaganiraga na Radio France Internationale RFI yanenze cyane amahanga kuba yinumiye yaranze gukemura ibibazo biri muri Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC).mu magambo ye yagize ati” Umuryango mpuzamahanga wari ukwiriye kubashyiraho igitutu kuko u Rwanda hari ukuntu rutoneshwa ,yakomeje avuga ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari umuntu w’ ingenzi muri Africa ariko bitamuha uburenganzira bwo gushyigikira M23.

Uyu François Hollande yakomeje avuga ko igihugu kinini nka Congo kitari gikwiriye kuba mu ntambara cyane ko bihagije mu bukungu.

Related posts