Rurangiranwa w’Umunya-Brazil, Ronaldinho de Assis Moreira Gaúcho yavumiye ku gahera Ikipe y’Igihugu ya Brazil [Samba Boys] ayihora ko abakinnyi bayikinira uyu munsi badaha agaciro igisobanuro
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC na Rayon Sports zaguye miswi 0-0 mu mukino wo kuganura Stade Amahoro yavuguruwe mu birori by’agatangaza byiswe “Umuhuro w’Amahoro” wabaye
Umufaransa Julien Mette usanzwe ari umutoza mukuru w’Ikipe ya Rayon Sports, ntiyagaragaye atoza umukino wo kuganura kuri Stade Amahoro uri kuba kuri uyu wa Gatandatu
Inkuru y’ inshamugongo itugezeho nonaha naho umukozi wa RIB yishwe n’ abantu bataramenyekana kugeza ubu iperereza ririmo gukorwa. Ni mu Karere ka Gasabo mu Murenge
Ni mu imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa mu iterambere mu karere(JADF) ryaberaga mu karere ka Huye ryasojwe ku wa 14 Kamena 2024, aho abaryitabiriye bavuga ko bahungukiye byinshi
Ikipe y’Igihugu y’u Budage yari mu rugo yaraye yakiriye iya Écosse maze iyinyagira ibitego 5-1 mu mukino ufungura ku mugaragaro irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi, Euro