Fayuhu yifatiye kugakanu Tshisekedi avuga ko adashoboye M23 yemeza ko azayikuraho n’ amara kuba Perezida muri 2023.
Fayuhu Martin uri mubakomeye utavuga rumwe nubutegetsi bwa kinshansa yifatiye kugakanu perezida Felix Antoine Tshisekedi avugako politiki ye ikennye yananiwe gukemura ikibazo cya M23 ariko