Gateka Esther Brianne wamamaye nka Dj Brianne, yatangaje ko nyuma yo kubatizwa akakira agakiza hari byinshi yagiye ahagarika gukora yarajyaga yibwira ko ari byo bimugira
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR Basketball Club yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya 15 nyuma yo gutsinda iya Patriots Basketball Club amanota 73-70 mu mukino
Umuhanzi Rema yatangaje ko ikintu cy’ubusazi yabonye ku mbuga nkoranyambaga, ari ibihuha bivuga ko asenga satani bagendeye ku bimenyetso akoresha. Divine Ikubor amazina nyakuri ya
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yasezerewe na FC Pyramids mu Marushanwa Nyafurika ya CAF Champions League iyitsinze ibitego 3-1, biba igiteranyo cy’ibitego 4-2 mu mikino
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Gasogi United igitego 1-0 mu mukino w’umunsi kane wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, Rwanda Premier League ya 2024/2025;
Musanze FC yasanze Amagaju FC ku kibuga yakiriraho iyinyagira ibitego 3-0, mu mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda, umukino urangiye umutoza Niyongabo Amars
Umuraperi P.Diddy ufunze ashinjwa ibyaha bishingiye kwihohoterwa ry’igitsina, aragaragaza imyitwarire yo kwiyahuza nk’uko biri kugarukwaho muri Amerika. Ku wa Mbere w’iki Cyumweru, nibwo P.Diddy