Mu minsi ishize, inkuru zikomeje gucicikana zigaragaza ko ingabo z’u Bubiligi, iz’u Burundi, n’iza Leta ya Congo (RDC) zamaze kwihuza mu rwego rwo kurwanya umutwe
Kiyovu Sports, imwe mu makipe akunzwe kandi afite amateka akomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda, iri mu bibazo bikomeye by’ubukungu. Abakinnyi bayo bamaze amezi atatu
Intambara hagati ya FARDC na M23 ikomeje gukaza umurego nyuma y’uko Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyarashe indege ya M23 kuri uyu
Kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yongeye gukomeza umutima abafana b’iyi kipe, abatangariza ko biteguye urugamba rwo kwegukana igikombe, mbere yo guhura na Mukura Victory
Mohamed Wade, wahoze ari umutoza wa Rayon Sports, yatawe muri yombi azira gutanga sheki ya miliyoni umunani (8,000,000 Frw) itazigamiye. Amakuru dukesha umunyamakuru wa Fine
Gucika intege, agahinda n’amarira ni byo byari byiganje mu bafana b’Amavubi nyuma yo kunganya na Lesotho 1-1 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya
Ku wa 25 Werurwe 2025, ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yakinnye na Lesotho mu mukino wo guhatanira itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukino warangiye