Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Ntibisanzwe! Umwana yasanze nyina ari gusambana n’ undi mugabo ahita abatwara imyambaro yabo.

<script async src="https://pagead2.googlesyndication.com/pagead/js/adsbygoogle.js?client=ca-pub-4200019230861206"
     crossorigin="anonymous"></script>
<ins class="adsbygoogle"
     style="display:block; text-align:center;"
     data-ad-layout="in-article"
     data-ad-format="fluid"
     data-ad-client="ca-pub-4200019230861206"
     data-ad-slot="9540466959"></ins>
<script>
     (adsbygoogle = window.adsbygoogle || []).push({});
</script>

Umwana w’ umuhungu witwa Sam yasanze nyi asambana n’ undi mugabo ahita abatwara imyambaro yabo basigara bambaye ubusa buri buri.

Ibi byabereye mu gihugu cya Zambia ubwo uyu mwana yasangaga nyina mu nzu ari kumwe n’ undi mugabo ahita ahuruza abayobozi n’ abaturage amushinja kuzana abandi bagabo bagasambana mu nzu kandi azi ko ahari nta tinye ko umwana bumva.

Umwana abwira abaturage yagize ati“ Ndambiwe kubona Mama ahindura abagabo nk’ uhindura imyambaro ndabirambiwe rwose kuki atajya gusambanira iyo hirya aho ntareba koko ahubwo akaza kubikorera mu maso yanjye.

Nyina w’ uyu mwana w’ umuhungu witwa Sam n’ umusambane we bagiye mu idirishya batangira gutongana na Sam bamusaba kubaha imyambaro yabo yari yafashe kandi yabakingiranye.

Iyi n’ inzu Papa yansigiye ariko ndambiwe kubona Mama azana abasambane be mu nzu ntatinye ko mpari ntagire isoni ndarushye ndarushye ndarushye nduma iyi nzu nayitwika”.

Nyina wa Sam yatangaje ko urugo ari urwe umugabo we yitabye Imana akamusigira inzu agomba kuzana uwo ashaka kugira ngo abone icyo kurya.

Yagize ati“ Wa mwana we nibyariye ni wowe urimo kunsebya gutyo mu bantu? Mfite uburenganzira bwo kuzana umugabo nshaka kuko iyi n’ inzu umugabo wanjye yansigiye kandi ndaguciye ntukiri umwana wanjye”.

Uyu mwana yabwiye nyina ko atongera kwinjira mu nzu se yamusigiye ariko na nyina wa Sam akavuga ko ariyo umugabo we yamusigiye.

Umuyobozi waho byabereye yaraje yinginga Sam amusaba urufunguzo rw’ inzu abanza kwanga kurumuha ariko ageze aho ararumuha amusaba n’ inkoni yari afite ashaka gukubita umusambane wa nyine arabimuha ariko Sam ababwira ko bandika urwandiko ko uwo mugabo atazongera kugaruka barabyemera ariko ntarwo banditse.

Related posts