Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Ntibisanzwe , umugeni yafashwe arimo gusambana n’ uwahoze ari umukunzi we ku munsi yakozeho ubukwe benshi barumirwa, inkuru irambuye

Mu buzima busanzwe tuziko ubukwe ari igikorwa gikunzwe kugaragariramo ibintu by’ ingenzi , ni naho hagaragarizwa indahiro y’ uko uko gushyingiranwa bigomba gutuma mubana ubuzima bw’ akaramata.Ibi rero tubivuze nyuma y’ uko Umukobwa yafashwe ari muri koridoro yo mu nzu y’ umusore bakoranye ubukwe, arimo gusambana n’ umwe mu bahungu bahoze bakundana ( Ex).

Aya mahano yabereye mu gihugu cya Nigeria ubwo bamwe bari bitabiriye ubukwe , bari bahugiye ku kunywa no kwishimira ibirori, umugeni yagiye nk’ ugiye hanze gato, abandi bakomeza kwinywera.

Ubwo yari amaze gusohoka , uyu mukobwa yari yahanye gahunda n’ uwahoze ari umukunzi we , abari aho babonye umugeni wari ugiye atinze bagira ubwoba , bajya hanze kumushakisha ngo barebe icyo yabaye.

Mu kumushakisha, basanze ikanzu y’ ubukwe yayizamuye , umusore yamuhereye inyuma ” doggy style’ rwahanye inkoyoyo. Abari aho bose bari biyakiriye mu rugo rushya rw’ abageni, bumiwe.

Uwabaguye gitumo ni nyina w’ umusore gusa ngo yagerageje kubihishahisha ariko biba ibyubusa nabandi bahise ba bibona. Uwatanze aya makuru yavuze ko uyu mubyeyi yabicecetse kugira ngo ibintu nibizambe ku munsi w’ akabaye ari uw’ ibyishimo.

Related posts