Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Politiki

Nonaha: M23 iri muri Metero 3500 yenda gufata umujyi wa Goma, Imirwano ikomeye cyane itumye FARDC yiruka ita ibikoresho. Soma witonze Amakuru agezweho.

Akaga karagwira koko: Nonaha abarwanyi ba M23 bamaze kugera muri metero 3500 begera umujyi wa Goma, imirwano ikomeye cyane itumye ingabo za Leta ya Dr Congo FARDC Bata ibikoresho bariruka, ese koko umujyi wa Goma wafashwe?

Ikibazo cy’abarwanyi ba M23 ndetse n’ingabo za Leta FARDC uko bukeye nuko bwije kiri kugenda gifata isura nshya ndetse kikagenda kirushaho kuba kigari cyane, kuberako abarwanyi bomumutwe wa M23 wakamejeje barifuza kuba babohoza umugi wa Goma bakawongera kuri Bunagana bamaze kwigarurira. ese niba ingabo za leta ziri guta ibikoresho zikiruka biraza kugenda gute? igisubizo umuntu wese yacyiha nuko amaherezo aba barwanyi baza kwigarurira ibice byose bifuza kuba bafata cyane ko byamaze kugaragara ko abasirikare ba Leta batagifite imbaraga zo guhangana n’aba barwanyi.

Kuba aba barwanyi ba M23 barigukaza umurego muguhangana n’abasirikare ba leta FARDC birikongera ubugome ndetse n’urwangano aba basirikare bari kubiba mubaturage bashingiye kumbaraga zabo nkeya maze bakavuga ko aba barwanyi baba baterwa inkunga na leta y’u Rwanda mugihe nyamara ntanahamwe igihugu cy;u Rwanda cyaba gihuriye nibiri kubera mumajyaruguru y’uburasirazuba bwa DR Congo.

Mugihe aba barwanyi ba M23 baramuka babashije kwirukana ingabo za leta FARDC muri goma bakabasha gufata uyumujyi, waba ubaye umujyi wa 2 bafashe nyuma yuko bafashe umujyi wa Bunagana ndetse nkuko babitangaza baba bakomeje kugera kunzozi zabo zo kuba bashyira mubikorwa ibyo batangaje ko bidatinze baza kuba bafashe n’umurwa mukuru kinshasa.

Related posts