Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Niba uri mu rukundo rumeze uku, bino bimenyetso 4 bigaragaza ko urwo murimo ntaho ruzabageza

Kugira umuntu mukundana ariko kandi akaba ari umuntu ugufiteho gahunda nzima bitandukanye n’ibyubu byateye byo kubona umuntu ugatekereza mu gitanda ni umugisha.Niyo mpamvu muri iyi nkuru yacu twahisemo kubagezaho ibimenyetso simusiga bizakwereka ko umuntu mukundana ntaho ibyanyu bizagera ari ibyagahararo gusa no kuryoshya bikarangirira mu marira :

Buri gihe aguha impamvu zidafatika : Umukobwa cg umuhungu mukundana akubeshya buri gihe aguha impamvu zatumye ibintu mwari mwapanze cg ibintu wagomba gukora utabikora kugeza nubwo ushobora kumubwira ko wamuhamagaye ukamubura akakubwira ko yarimo aritsamura.

Nta mwanya aguha :Umuhungu cg umukobwa utagukunda ntago yifuza kumarana nawe igihe

Nta mbaraga cg ubushake ashyira mu bintu : Buriya gukunda ni 50%50 iyo rero hari uruhande rumwe rudashyira imbaraga mu bintu by’urukundo rwanyu ,ntaho urwo rukundo ruba ruzabageza.

Nta tandukaniro riba hagati yanyu : Umukobwa n’umuhungu bakundana iyo ibyo bintu ari ibyo kubeshyanya usanga akenshi nta bihe bidasanzwe abo bantu bombi bifuza kugirana

Related posts