Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Musore dore bumwe mu buryo bwagufasha gutuma umukobwa agutekerezaho cyane.

Musore dore bumwe mu buryo bwagufasha gutuma umukobwa agutekerezaho cyane.

Abakobwa ni ibiremwa bitandukanye bifite imibereho itandukanye ndetse n’ibitekerezo bitandukanye niby’abasore.

Ku rundi ruhande, abasore benshi bishimira kubona umukobwa ububaha Kandi ubatinya kandi akabatekereza buri gihe. Kubwibyago bamwe muri bo ntibazi uburyo bwo gutsindira umutima w’umukobwa.

Dore rero ibyagufasha mu gutsindira umutima w’umukobwa ukunda akajya agutekerezaho cyane.

  1. Ntugahore ugaragaza ibyiyumviro umufitiye.

Hano hari ikibazo cyo kwerekana ibyiyumviro byawe ku mukobwa, ariko, niba ushaka kumenya uko umukobwa yagutekerezaho, ugomba kubanza kugenzura amarangamutima yawe.

Nabantu badashoboye guhagarika amarangamutima yabo aho kugirango ubanze wishyiremoko mukundana banza utuze ubifate nk’ibisanzwe bizagufasha gutuma agenda akwibazaho bigende bituma yakuzamurira urukundo agufitiye.

  1. Nakora Ikintu kiza ntukamushimagize cyane.

Kubijyanye no gushima hari uburyo nkawe w’Umusore ugomba kubikoramo, ugomba kwirinda kumushimagiza bya buri kanya kuko bituma agenda yumva ko umwemera cyane bigatuma atanita ku bintu bimwe na bimwe biberekeyeho.

  1. Ntutume agaragara nkuwambere.

Iyo dukunze umukobwa twifata nk’aho tugomba kumugaragaza cyane ndetse no kugenda tumushyira imbere ya byose ariko iyo ugerageje nawe kwishyira imbere ho bwa rimwe usanga ajyana ibitekerezo byinshi kuri wowe bigatuma agutekerezaho

  1. Menya aho ugarukira. Icyi ni ikindi kintu gikomeye iyo ushaka ko umukobwa agukunda ndetse akajya agutekereza ugomba kumenya imipaka yaho ugomba kugarukira ndetse utagomba kurenga bizagufasha.

Related posts