Inkuru ikomeje kubica bigacika ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye ni uyu mugore witwa Denyse yatanze ubuhamya buteye agahinda bwarijije abagiye batandukanye ubwo yavugaga uburyo yananijwe n’ urushako nyuma yo gishyinguranywa n’ umusore yari yasabye ko amuterera ivi umusore akabikora atabishaka ngo kuko butaro bimurimo kandi umugore atamukururaga.
Uyu mugore yakomeje asobanura ko umugabo we nta na rimwe yigeze amwishimira kugeza ubwo yamunwiye ati” Buri munsi nzana umwenda nakunzeariko ntabwo uberwa pe”.
Uyu mugore witwa Denyse nk’ uko yabivuze ubwo yari mu kiganiro n’ umunyamakuru wa Isimbitv Murungi Sabin,yavuze ko umugabo we yageze nubwo ajya kugura ikibuno mu isoko kugira ngo umugore agire imiterere nk’ iyo yifuzaga ariko biranga biba ibyubusa.