Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

mu bibakurura harimo ni nkweto, musore nukora ibi abakobwa bose sinzi Aho uzabakwiza kuko bose bazagukunda.

Akenshi uzumva imvugo igira iti “,abakobwa bose bajya ahari amafaranga” gusa ibi hari ninyigo zagiye zikorwa zibyemeza gutya . muri 2018 hari inyigo yiswe evolution and human behaviors yanzuye ko abakobwa bakunda gukururwa n’abagabo bafite amafaranga, ibi Kandi byaje gushimangirwa ni mvugo yarurangiramwa mu mukino wa tennis Roger Federer wigeze kuvuga Ati “success makes a man good looking” tugenekereje mukinyarwanda yagize Ati “kugera kunsinzi k’umugabo bituma agaragara neza” izi mvugo Kandi zagiye zivuguruzwa muri zimwe zazivuguruje harimo izi:,

1.uburyo umusore agaragara inyuma aha iyo tuvuze ngo agaragara inyuma , hazamo nk’uburyo isura ye ikeyemo ndetse ni nyogosho akunda Gushyira kumutwe we.

2.imyambarire yawe Musore nayo kimwe mubizatuma abakobwa bagukunda cyangwa bakakwanga, ujye umenya kwambara bigendanye nibihe urimo, mugihe wasohotse ugiye muri club Menya ko Aho Atari ngombwa kuhajyana ama kote y’ama kositime nibindi……

3.mubindi bizakurura umukobwa kuri wowe harimo uburyo urebamo (indoro) amaso yawe ni kimwe mubintu byingenzi bizatuma unsindira umukobwa .aha nkeka ko ariyo mpamvu abahungu benshi batereka amaso mugihe bari kuvugana n’abakobwa.

4.ikindi kintu kiza mubyambere mubikurura abakobwa kuri wowe ni nseko yawe , niba uri umusore ukaba udakunda guse ukwiye kubyishakamo mugihe uri gutereta umukobwa .

5.impumuro yawe nayo nikimwe mubizatuma wigarurira umutima w’umukobwa wihebeye kuburyo bworoshye , kuko niyo mutandukanye impumuro yawe imusigara mu bwonko niyo agize ahandi ayumva ahita akwibuka .

ibindi harimo imyitwarire yawe , kumenya kuganira nibindi…
ibi byose nubikurikiza ugashyira imbere ikinyabupfura ntakabuza umukobwa wese wifuza bizakorohera gutsindira umutima we.

Related posts